Collection Culture et Foi > Dominiko Makeli

Nabonye Valentina Nyiramukiza abonekerwa 1988-1994

de Makeli Dominiko

Prix livraison UE

30

A propos du livre

Amabonekerwa ya Valentina Nyiramukiza 1988-1994

A propos de l'auteur

Dominiko Makeli yavukiye muri Komine Mukingi ahari muri prefegitura ya Gitarama. Akirangiza amashuri yisumbuye, yigishije umwaka umwe mu gice cya mbere cy’amashuri yisumbuye i Butare. Hanyuma atangira umurimo w’ubunyamakuru kuva mu mwaka w’1972, ari umwanditsi muri Kinyamateka. Yahavuye ajya muri ORINFOR (Office Rwandais d’Information), aba umwanditsi mu kinyamakuru Imvaho kuva mu mwaka w’1975. Yakoraga kandi agatanga ikiganiro cyitwa « Tujijurane » kuri Radio Rwanda. Mu mwaka w’1987, Dominiko Makeli yegukanye igihembo cy’irushanwa mpuzamahanga gihabwa abanyamakuru bo mu bihugu bya Afrika barushije abandi gukora ibiganiro byerekeye ubuzima bw’ibanze (les soins de santé primaires). Icyo gihembo gitangwa n’umuryango utabara imbabare ku isi yose (Croix-Rouge Internationale) ufatanije n’indi miryango mpuzamahanga (OMS, UNICEF, URTNA). Dominiko Makeli akunda no gukurikirana cyane ibyerekeye amateka n’umuco w’u Rwanda, ataretse n’iby’idini, akanezwa no kubigeza ku bandi. Yitaye kandi kumenya ibyerekeye Bikira Mariya, cyane cyane kuva aho yumviye ko yabonekeye i Fatima ho muri Portugal mu mwaka w’1917. Aho ibonekerwa rivugiwe i Kibeho, yarihururiye nk’abandi bose aza kwiyemeza kwandika ibyo yabonye n’ibyo yumvise, kugira ngo abimenyeshe abandi batashoboye kuhagera. Iki kikaba ari igitabo cya 3 atangaje ku byerekeye amabonekerwa y’i Kibeho, mu Rwanda.

30

Livraison incluse

Collection

Culture et Foi

Format

17x24cm

Année

15052024

Pages

551

ISBN

9782919201549

En stock

30

40

© 2004-2025 Editions Sources du Nil